in

Wa musifuzi warangije umukino habura iminota 5 abantu bamwihaye ku mbuga nkoranyambaga (Amafoto)

Ku munsi w’ejo nibwo umusifuzi witwa Janny Sikazwe ukomoka mu gihugu cya Zambia yakoze ibintu abantu bavuze ko ari ubwa mbere bibaye mu mupira w’amaguru aho ubwo yasifurga umukino wahuzaga ikipe ya Mali n’ikipe ya Tunisia yarangije uyu mukino ku munota wa 85 w’umukino.

Nyuma yuko ibi bibaye, abantu benshi bavuze ibitandukanye ku mbuga nkoranyambaga bavuga ko ibyo uyu musifuzi yakoze ataribyo ndetse n’andi magambo menshi.

Hari abakoze amafoto maze bongeraho amagambo asekeje bashaka gusanisha ibyo uyu musifuzi yakoze n’icyo yari agiye gukora nyuma y’umukino.

Dore amafoto yacicikanye kuri uyu musifuzi:

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko byari bimeze ubwo Umunyamakuru Lucky wa RBA yatunguraga umwana we ku isabukuru ye (video)

Umunyamakuru Chita yerekanye abagize umuryango we (Amafoto)