in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Wa mubyeyi wahagaritse ubukwe bw’umugabo we dore ibimubayeho noneho

Hashize iminsi mike tubagejejeho inkuru y’umugore wahagaritse ubukwe bw’umugabo we bari barabyaranye abana 5 nyuma yo kumenya ko uwo mugabo agiye gukorana ubukwe n’uwundi mugore. Uwo mugore wahagaritse ubukwe bw’umugabo we yavugaga ko afitanye ikibazo n’umugabo we cyo kutamuha abana be 2.

 

Kuri ubu inkuru nziza kuri uyu mubyeyi nuko abana be 2 yamaze kubahabwa. Nkuko amashusho dukesha Afrimax Tv abigaragaza, Ubuyobozi bwamaze guhesha iyu mugore abana be 2 ndetse n’ibindi bisigaye ubuyobozi bukaba buri kubikurikirana kugirango bikemuke. Nkuko amashusho abigaragaza, abana b’uyu mubyeyi bakigera mu rugo iwabo Mama wabo ibyishimo byaramusaze abakoreshereza umunsi mukuru ndetse anabategurira umutsima (cake).

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
5198303262
5198303262
2 years ago

I’m so happy that she got her children back .

Ibyo Juno Kizigenza yabwiye Ariel Wayz ku isabukuru ye

Ibyo umunyamakuru MC Murenzi yatangaje nyuma yo kwibaruka imfura ye.