in

Videwo : “Ibintu ni magirirane koko Ubuse ninde waruzi ko byabaho ” mu Rwanda hagaragaye igare rihetse moto

 

Bajya bavuga ngo ibintu ni magirirane, nibyo koko kuko nta muntu waruziko igare rishobora guheka moto.

 

Gusa ntituzi ikibazo iyi moto yari yagize ariko abantu bamwe bari kuvuga ko yaba yari yagize ikibazo cyangwa nyirubwite akaba ariwe wagize ikibazo cyo mu mutwe

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kakubayeho musore, niwiha kubwira umukunzi wawe amwe muri aya magambo

Amakipe akina Premier League yahamije ubushongore n’ubukaka! Urutonde rw’amakipe 10 yinjije akavagari muri 2022 kurusha andi i Burayi