in

Uwayezu Jean Fidèle yasubije abavuga ko yaje muri Rayon Sports akurikiye udufaranga twayo ndetse n’indonke binyuze muri ‘Betting’

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle, yavuze ko ikimuraje ishinga n’abo bakorana ari ukubaka ahazaza h’iyi kipe.

Yongeye kandi gushimangira ko batayizanywemo no gushaka indonke binyuze muri ’betting’ no kwiba amafaranga yayo.

Uwayezu yagize ati “Ntabwo twaje muri Rayon Sports muri ‘betting’ cyangwa kwiba udufaranga no gushaka icyubahiro. Ahubwo ni ugushaka uko ikipe ibaho kandi ikomeye, itsinda igahesha ishema igihugu.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hagaragaye amashusho y’igitego Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi, Djihad BIZIMANA yatsinze bwa mbere muri shampiyona yo ku mugabane w’i Burayi ikipe ye ihita ifata umwanya wa Mbere

Abahungu bakubise inshuro abakobwa mu Bizamini bya Leta