in

Uwafatwaga nk’umusifuzi wa mbere muri Africa yateye umugongo uwo mwuga

Sikazwe umwuga wo gusifura yawuretse

Janny Sikazwe, umunya-Zambiya w’imyaka 43 yahagaritse ibyo gusifura, uyu mugabo wabaye umusifuzi wemeye wa FIFA muri 2007, amaze gusifura mu bikombe by’Isi bibiri harimo n’icya 2022 aho yasifuye umukino w’u Bubiligi na Canada, yanasifuye kandi mu bikombe by’Afrika bitandukanye aho yamamaye mu gikombe cy’Afrika cya 2021 nyuma yo kurangiza umukino Tunisia na Mali iminota yagenwe ituzuye.

Sikazwe umwuga wo gusifura yawuretse

Uyu mugabo kandi niwe wasifuye umukino wa nyuma w’igikombe cy’Afurika 2017,Cameroon yatwaye itsinze Misiri.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Diamond Platnumz uzaza i Kigali atwawe mu ndege yihariye izwi nka “Privete Jet” hari agashya azakorera abakunzi ba Rayon Sports(Amafoto)

Nyanza: umuganga arashinjwa gusambanya umwana w’umukobwa