in

Urupfu rurya rudatoranyije koko, Umukobwa w’imyaka 23 uherutse kwitabira amarushanwa y’ubwiza ku rwego rwisi yitabye Imana yishwe n’itungo

Urupfu rurya rudatoranyije koko, Umukobwa w’imyaka 23 uherutse kwitabira amarushanwa y’ubwiza ku rwego rwisi yitabye Imana yishwe n’itungo.

Umunyamideli Sienna Weir “Gremlin” wo muri Australie wari mu bitabiriye Miss Universe 2022, akanagera mu cyiciro cya nyuma, yitabye Imana azize impanuka.

Uyu mukobwa yari afite imyaka 23 yitabye Imana azize impanuka yakoze atwaye ifarasi. Yitabye Imana kuri uyu wa Kane nk’uko umuryango we n’abamureberaga inyungu babitangaje.

Uyu mukobwa yakoze impanuka ubwo yari atwaye ifarasi ahitwa Windsor Polo Grounds muri Australia aho avuka ku wa 2 Mata. Yahise ajyanwa mu bitaro nyuma aza kwitaba Imana biturutse ku bikomere yari yagize.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese Microphone iyo bayigushyirira aho ushyikira: Kenny Sol byamusabye kwisunga agataburete kugira ngo ashyikire Microphone nyuma yuko indeshyo imutengushye (AMAFOTO)

Kuva hasi kugera hejuru bari baberewe kandi baberanye pee, Marina yatewe umutoma wakataraboneka n’umukunzi we Yvan Muziki (ifoto)