in

Ese Microphone iyo bayigushyirira aho ushyikira: Kenny Sol byamusabye kwisunga agataburete kugira ngo ashyikire Microphone nyuma yuko indeshyo imutengushye (AMAFOTO)

Ese Microphone iyo bayigushyirira aho ushyikira: Kenny Sol byamusabye kwisunga agataburete kugira ngo ashyikire Microphone nyuma yuko indeshyo imutengushye (AMAFOTO)

Kenny Sol uri mu bahanzi bagezweho yasekeje abamukurikirana nyuma yo kugaragara muri studio ari hejuru yagatebe ari nako arikodinga.

Muri aya mashusho aba ari kumwe na Producer Element usigaye ubarizwa muri 1:55am Entertainment ari nayo ibarizwamo umuhanzi Bruce Melodie.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uhamagaye abeza ntiyasigara: Ubwiza bwa mama Iddy wamamaye muri filime y’umuturanyi wagira ngo ni ubw’umunyamideli neza neza(AMAFOTO)

Urupfu rurya rudatoranyije koko, Umukobwa w’imyaka 23 uherutse kwitabira amarushanwa y’ubwiza ku rwego rwisi yitabye Imana yishwe n’itungo