in

Urukundo rwubahwe: yahinduye idini kugirango arongore umusilamukazi(amafoto)

Umugabo wo muri Nijeriya abitewe n’urukundo rwinshi akunda umukunzi we yinjiye mu idini rya Islam kugira ngo bashyingiranwe nk’umugore we.

Uyu mugabo uzwi ku izina rya Ossai yabaye Umuyisilamu kugira ngo ashobore kurongora May Haidar binyuze mu mihango ya kisilamu.

Urukuta ruzwi kuri Instagram nka Arewa Fashion na Style rwasangiye inkuru y’urukundo kuwa mbere, 21 Ugushyingo 2022.

Haidar ukomoka muri leta ya Kaduna yatangaje ko se yabanje kwanga ubumwe kuko yakekaga ko Ossai ashobora gusubira mu idini rye rya kera.

Yabimenyesheje ubwo yasubizaga inyandiko y’ishimwe mu gice cyibitekerezo.

Ati: “Nagiye kureba papa ndabimubwira, ubanza ntabwo yishimiye kuko yashidikanyaga ku guhinduka .Gusa yageze aho arabyemera”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibiciro byo kwinjira ku mukino urahuza APR FC na Kiyovu Sport biratangaje

Umukinnyi w’Amavubi uhora mu mitima y’abakunzi ba Rayon Sports na APR FC yamaze kumvikana n’ikipe igiye kumugura akabakaba miliyoni 200