in

Urukiko rwaciye umukobwa akayabo nyuma yo kurya amafaranga 6,000 by’itike umusore yari yamuhaye ngo amusange ghetto

Umugabo yareze umugore wamubeshye kuza kumusura ndetse agakubita ibipfunsi inzu akamushakira itike ariko umugore agahita ayishyira ku mufuka we ntiyaza.

Urukiko rwo muri Nigeria mu gace ka Enugu rwategetse umukobwa kwishyura agera ku bihumbi 34 Frw nk’indishyi z’akababaro nyuma y’uko umugabo amwoherereje 6000Frw nk’itike yo kumusura ariko bikarangira undi akuyeho telefone nta nasubize amafaranga yahawe.

Uyu mugore yari yaranze imishyikirano n’uyu mugabo hanyuma yo kuregwa ahita acibwa amafaranga 34,000rwf.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

« Ko uri mwiza ukiri ku isi nugera mu Ijuru uzaba usa gute? » – Umwe mu bafana ba Miss Elsa yamuteye imitoma nyuma y’amafoto ye yabonye

Ni ishyano, Umusore n’inkumi basambaniye ku mva ya se bagiye kumwibuka