in

Urubanza rwa Titi Brown rwongeye gusubikwa

 

Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown wamamaye mu kubyina indirimbo zigezweho z’abahanzi bakomeye hano mu Rwanda rwongeye gusubikwa.

Titi Brown wigaruriye imitima ya benshi bitewe nubuhanga buhanitse yarafite bwo kubyina imbyino zigezweho z’abahanzi batandukanye.yafunzwe umwaka ushize wa 2022 akurikirankweho icyaha cyo gufata kungufu umwana utaruzuza imyaka yubukure uyu musore yarafite urubanza uyu munsi rwo kujurira iminsi 30 yagateganyo afunzwe. urubanza rwe rwongeye gusubikwa bitewe no kubura dosiye ye mu rukiko.

Uyu musore urubanza rwe rwimuriwe ku itariki 18 Gicurasi 2023 saa tatu za mugitondo.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video y’icyumweru: “Ngewe ukimbwira ngo ntiwabaho utamfite, setu”  Umukobwa yakuriye inzira ku murima abasore bagifite imitoma y’ubugoryi

Amakuru yihutirwa ku bagore batakigira ubushake bwo gutera akabariro