in

Undi mu producer uje kugera ikirenge mu cya Producer Eleeeeh yabonetse (Amafoto)

Inzu itunganya umuziki izwi nka Country records ikaba ari inzu iyoborwa na Nduwimana Jean Paul uzwi nka Noopja kuri ubu yamaze kubona undi mu producer mushya witwa Kozze.

Mu kiganiro Kozze yagiranye na IGIHE dukesha iyi nkuru yavuze ko atigeze yiga ikintu na kimwe kijyanye n’umuziki ahubwo gutunganya indirimbo ari ibintu byamujemo nk’umuhamagaro kuruta kuba ibyo yakwishakamo.

Ati “Ntabwo nize umuziki mbikora kubera ko mfite uwo muhamagaro kandi kubera ko mbikunda.”

Yakomeje avuga ko yigiye gutunganya indirimbo muri Conutry Records abifashijwemo na Element wari usanzwe ari inshuti, akagenda abimenya kugeza ubwo na we yatangiye gukora indirimbo zitandukanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mashami Vincent yahaye igisubizo gitangaje abahora bibaza ku masezerano ye

Amagambo Mushiki wa Meddy yamubwiye yakoze benshi ku mutima