in

Umwavoka yahise atabwa muri yombi

Kuri uyu munsi uwo bivugwa ko yiyitaga umunyamategeko atari we w’i Nairobi yafunzwe n’ubuyobozi buvuga ko yibeshyeye ko ari umwunganizi mu by’amategeko w’Urukiko Rukuru rwa Kenya.

Amakuru avuga ko uyu munyamategeko yaburanye imanza 26 imbere y’abacamanza bo mu Rukiko Rukuru, n’abacamanza b’urukiko rw’ubujurire mbere y’ifatwa rye, kandi zose yazitsinze.

Yatawe muri yombi n’ishyirahamwe ry’abanyamategeko ryo muri Kenya ishami rya Nairobi rishinzwe ibikorwa byihuse (RAT) kubera ibirego byo kwiyita icyo atari cyo.

Yatawe muri yombi ubwo RAT yakiraga ibibazo by’abaturage ku bikorwa bye by’uburiganya nk’uko iyi nkuru dukesha urubuga The Star ivuga.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusirimu ntajya asaza pe! Cristiano ibitego yatsinze Slovakia byatumye yongera kwandika amateka mu gihugu cye cya Portugal

Burya afite impamvu zabimuteye! Umuhanzi Nizzo Kabosi yatangaje impamvu yafashe icyemezo cyo gushinga inzu y’umuziki