in ,

Umva ibintu bidasanzwe Arsenal yakoreye Sanchez na Ozil nyuma yuko bagaragaje ko bashaka kuyivamo

LONDON, ENGLAND - MAY 11: of Arsenal during the Barclays Premier League match between Arsenal and Swansea City at Emirates Stadium on May 11, 2015 in London, England. (Photo by Stuart MacFarlane/Arsenal FC via Getty Images)

Mu gihe hamaze iminsi havugwa amakuru ko Sanchez na Ozil bagiye kugurishwa nyuma yuko banianiwe kumvikana na Arsenal ku mishahara yabo, ubu noneho ibinyamakuru byo mubwongereza birahamya ko batakigiye kubera ibyo Arsenal yabemereye.

Nkuko telegraph yaramutse ibitangaza ngo ikipe ya Arsenal yemereye Ozil na Sanchez umushahara wa miliyoni 16 z’amayero ku mwaka kuri buri umwe muri bo. Kuri Ubu bakaba bahembwa miliyoni 7 kuri Ozil ndetse na miliyoni 8 kuri Sanchez.

Uku kubongerera umushahara akaba ari uburyo gutuma batagenda doreko Arsenal iri gutegura impinduka zikomeye zatuma noneho ihatanira ibikombe bikomeye, ku bwizo mpamvu rero ikaba idashaka gutakaza abakinnyi bayo bakomeye.

Ibi ni biramuka bibaye, Ozil na Sanchez bazaba aribo bakinnyi bahembwe amafaranga menshi mu mateka ya Arsenal.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibintu by’ibanga utigeze umenya mu buzima bwa Butera Knowless

Ifoto Rihanna yasangije abakunzi be yavugishije benshi hirya no hino (yirebe hano)