in

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yakuyeho urujijo ku rubanza rwa Titi Brown ugiye gusomerwa imyanzuro y’urukiko – VIDEWO

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yakuyeho urujijo ku rubanza rw’umubyinnyi Titi Brown umaze imyaka hafi 2 muri gereza ataramenya icyo azira.

Mu kiganiro Alain Mukuralinda yagiranye na Kiss FM, yasobanuye ko kuba urubanza rwa Titi Brown rumaze gusubikwa inshuro 5, hari impamvu zumvikana zabiteye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP! Umunyamakuru wa Radiyo ukunzwe wari waraburiwe irengero yasanzwe yapfuye

Birabe ibyuya! Abanyeshuri 90 bo mu ishuri ribanza, bajyanywe mu bitaro nyuma yo kurya Cake yashyizwemo urumogi