in , ,

Umutoza wa APR ati “Gor Mahia si ikibazo kuri twe”

Umutoza mukuru wa APR FC, Adil Mohammed Erradi yavuze ko badatewe impungenge na Gor Mahia ahubwo ko bo bagomba kwitegura neza kandi bagakomeza gukina imikino ya gicuti kugira ngo bazajye guhura n’iriya kipe yo muri Kenya bahagaze bwuma. APR FC mu mpera z’icyumweru gitaha ku wa 28 Ugushyingo 2020, izakira Gor Mahia mu mukino ubanza […]

The post Umutoza wa APR ati “Gor Mahia si ikibazo kuri twe” first appeared on UMUSEKE.

Umutoza mukuru wa APR FC, Adil Mohammed Erradi yavuze ko badatewe impungenge na Gor Mahia ahubwo ko bo bagomba kwitegura neza kandi bagakomeza gukina imikino ya gicuti kugira ngo bazajye guhura n’iriya kipe yo muri Kenya bahagaze bwuma. APR FC mu mpera z’icyumweru gitaha ku wa 28 Ugushyingo 2020, izakira Gor Mahia mu mukino ubanza
The post Umutoza wa APR ati “Gor Mahia si ikibazo kuri twe” first appeared on UMUSEKE.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rihanna yongeye kugaragara mu isura idasanzwe yatunguye benshi(AMAFOTO)

Dore akamaro gakomeye kunywa imvange ya tangawizi, indumu n’inanasi bigira ku mubiri w’umuntu.