in

Umusore yahagaritse umujyi wose ubwo yatereraga ivi mu muhanda asaba umukunzi we kubana (Amafoto )

Benshi bakomeje guhimba udushya mu gutera ivi aho byatumye bamwe baba ibyamamare kureba gutera ivi bidasanzwe nkibyo bano bakoze .

Ku mafoto yakwirakwijwe kumbuga nkoranyambaga zirimo twitter ababonye ibi birori bavuzeko urukundo rwatumye uyu musore ateza trafic jam mu mujyi.

Bivugwako uyu musore nuyu mukobwa bamaranye imyaka 4 bakundana, uyu musore akaba yasanze uyu mukobwa aho asanzwe akorera akifuza kumutungura amusaba ko yazamubera umugore.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa wegukanye ikamba muri Miss Rwanda yasezeranye kubana akaramata n’umusore bakundana (Amafoto)

Inkuru ibabaje y’umugore wasanze umugabo we mu buriri aryamanye na mushiki we babanaga mu rugo