in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Umusore yagerageje kwiyahura nyuma yo gusukwaho acid n ‘umukunzi we (Amafoto)

Esther Afrifa umunya Ghana utuye mu Bwongereza, ngo yaguze litiro ya aside kuri interineti ayishyira iruhande rw’igitanda cye, yiteguye guhangana n’umukunzi we,Kelvin Pogo mu rugo rwabo i Wembley, mu majyaruguru ya London.

Nyuma yo gusuka aside ku mukunzi we ubwo yari aryamye,Afrifa yamuteye ibikomere byahinduye ubuzima bwe ndetse ngo uyu mugabo yagize ibitekerezo byo kwiyahura.

Ubwa mbere, ntiyigeze amenya ko uyu mukunzi we ari we wabikoze  maze ahubwo yamusabye kujya gushaka ubufasha nyuma yo gusuka amazi ku bushye.
Nyuma yo kwangirika isura pogo yagerageje kwiyahura kubera guhura n’ikibazo cyihungabana kugeza nanubu ahorana ndetse bikiba ntabwo yigeze amenya ko umukunzi we afrifa ari we nyirabayazana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Umugabo yatahanye indaya yanga kuyishyura iteza induru ||ibyabaye ku mugabo nyuma ni urwenya

Nemeye platini yaserutse bidasanzwe kuri stage za Afrima Awards (video)