in

Umusore w’umwarimu yakoze ubukwe n’inkumi y’ikizungerezi nyuma y’igihe kirekire yangwa n’abagore batari bake bamuziza ubugufi bwe – AMAFOTO

Umwarimu wo muri Cameroon w’imyaka 39, witwa Kwoyela Derick, yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we witwa Kahboh Patience nyuma y’igihe kirekire yangwa n’abagore bamuziza ubugufi bwe.

Ubukwe bwaba bombi bwabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Mata 2023 bubera i Bamenda mu Majyaruguru ya Cameroon.

Derick yavuze ko yahanganye n’imyumvire y’abaturage batari bake maze arihangana kugeza umukunzi we amwemerere ko babana

Reba amafoto aho hasi……

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru mbi igeze ku bakunzi ba filime nonaha

Burya kwirinda biruta kwivuza: Menya ibintu wakora kugira ngo wirinde indwara zibasira ubwonko