in

Umusore woroye imbwa yavuze amafaranga zimwinjiriza buri uko agurishije imwe muri zo

Umusore witwa Irakoze Raphaël mu gihugu cy’u Burundi mu Gitega, avuga ko yoroye imbwa mu rugo iwe.

Uyu musore avuga ko yoroye imbwa zigera kuri enye. Imwe muri zo ikaba iherutse kubwagura ibibwana bitandatu.

Aganira na JimbereMagazine dukesha iyi nkuru yagize ati: “Ikibwana kimwe nyigurisha hagati y’ibihumbi 30, 000 na 50, 000 by’Amarundi (FBU), kandi imbwa zibwagura nka gatatu mu mwaka.

Uyu musore avuga ko korora imbwa bimuzanira amafaranga, kubera ko abantu benshi batagikenera abazamu kubera ko bafite imbwa zicunga umutekano.

Uyu musore asoza avuga ko imbwa ze zifite uburere kurusha izindi kandi ngo azororana n’inkwavu kubera ko ari amatungo akundana.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda ni kabi; umugeni apfuye yerekeza ku bukwe bwe

Ferwafa yatumije inama n’inteko rusange nyuma y’ibibazo bivugwamo