in

Ferwafa yatumije inama n’inteko rusange nyuma y’ibibazo bivugwamo

Nyuma y’iminsi muri Ferwafa havugwa ikibazo cyo gukoresha umutungo nabi ndetse bikaba biri gukurikiranwa kugirango haboneke ukuri ku bibazo bivugwa muri ferwafa.

Mu butumire bwohererejwe abanyamuryango, bamenyeshejwe ko izaba yiga ku ngingo zigera kuri 17.

Harimo inyandikomvugo y’inama y’Inteko Rusange Isanzwe iheruka yabereye i Kigali kuri Sainte Famille Hotel ku wa 18/12/2021, Raporo y’imicungire y’imari ya FERWAFA, Raporo y’ibikorwa bya FERWAFA kuva Ugushyingo 2021-Mata 2022 n’izindi.

Muri iyi nteko rusange kandi byitezwe ko ari ho hashobora kuzemerezwa igihe shampiyona ya 2022-23 izatangirira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore woroye imbwa yavuze amafaranga zimwinjiriza buri uko agurishije imwe muri zo

Biramutunze:Umugore utunzwe no gutekera abafundi akomeje guca ibintu(video)