in ,

Umusore w’imyaka 24 akomeje guca ibintu nyuma yo guhishura ko agiye kurongora umugore w’imyaka 55

Umusore ukiri muto w’imyaka 24 akomeje kuvugisha benshi nyuma yo guhamya ko akunda umugore w’imyaka 55 ndetse bakaba bitegura kuzabana.

Ni nyuma y’aho uyu musore ashyize hanze amafoto agirana ibihe byiza n’uyu mugore ukuze . Abakoresha ubera uburyo uyu mucyecuru angana n’ababyeyi b’uyu musore witwa Anderson usanzwe ari umwarimu.

Ikinyamakuru Zambian Observer kivuga ko uyu musore, yavuze ko yemeye gushyingiranwa n’umuforomokazi w’imyaka 55 kubera ko umukobwa we yamuhemukiye akikundira undi mugabo ndetse bakanashyingiranwa.

Uyu musore uryohewe n’urushako yavuze ko yiteguye kubyarana n’uyu mugore ati: “Ndikwishimira urugo rwanjye kandi nizeye ko njye n’umugore wanjye tuzabyarana abana 2”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Messi ameze nka filime z’urukozasoni” Impaka zikomeje kuba nyinshi hagati ya Cristiano Ronaldo na Lionel Messi hibazwa umuntu ukomeye

Kwicaza Cristiano Ronaldo nti byamuguye amahoro, umutoza wa Portugal yeretswe imiryango rugikubita