in

Kwicaza Cristiano Ronaldo nti byamuguye amahoro, umutoza wa Portugal yeretswe imiryango rugikubita

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Portugal Fernando Santos yasezerewe nyuma yo kutageza iyi kipe muri 1/2 mu irushanwa ry’igikombe cy’isi asezerewe na Morocco.

Kuri iki gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ta 15 Ukuboza nibwo uyu mutoza Fernando Santos watozaga Portugal bwatangajwe ko yasezerewe ku mirimo yo gutoza iyi kipe.

Hari abakunzi ba Cristiano Ronaldo bishimiye iyirukanwa rya Fernando Santos bavuga ko kwicaza Cristiano Ronaldo ku ntebe y’abasimbura bitamugwa amahoro.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore w’imyaka 24 akomeje guca ibintu nyuma yo guhishura ko agiye kurongora umugore w’imyaka 55

Amafoto; Umufana wa Argentine wavuze ko azambara ubusa nitwara igikombe cy’isi, yashonesheje abantu ubusa bwe azambara ku cyumweru