in

Umusifuzi wasifuye umukino w’u Rwanda na Bennin ari mu mazi abira

Joshua Bondo wasifuye umukino ubanza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ndetse n’ikipe y’igihugu ya Benin, ari mu mazi abira.

Nyuma y’umukino wo kwishyura wabereye hano mu Rwanda bikarangira amakipe yombi anganyije kimwe ku kimwe, ikipe ya Benin yareze ikipe y’u Rwanda bitewe nuko yakinishije umukinnyi ufite amakarita atamwemereraga gukina uwo mukino.

Rero uyu mu sifuzi ukomoka muri butswana ashobora guhanwa na CAF bitewe nuko kuri raporo y’umukino yatanze atagaragaje ko Muhire Kevin afite ikarita.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amavubi mu kaga gakomeye: Ukurikije itegeko rya CAF, ikirego cya Benin kuri Muhire Kevin gifite ishungiro – Sobanukirwa

Birakoraho benshi Umusifuzi wasifuye umukino ubanza wa Benin n’u Rwanda ntiyorohewe