in

Umushoramari yapfiriye muri Lodge (Logi) ari gutera akabariro

Umushoramari w’imyaka 25 mu gihugu cya Kenya , mu ntara ya  Arua  ,Ali Musstafa ushora imari muri  OZU cell  ,yapfuye ari guterera akabariro muri lodge n’umukobwa bakundana .

Monitor dukesha iy’inkuru ivuga ko ngo uyu mugabo yagize ikibazo cy’ubuhumekero ubwo yarimo atera akabariro n’umukobwa bakundanaga witwa Adania Ratio , akaza kwitaba Imana ku itariki 25 Mutarama 2023 ,ahagana ku isaha ya saa tatu z’ijoro.

Monitor ikomeza ivuga ko nyuma y’uko yitabye Imana ,umubiri wa nyakwigendera wahise ujyanwa gukorerwa isuzuma ,ngo hamenyekanye icyamwishe n’ubwo bivugwa ko yazize ikibazo cy’ubuhumekero.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Fatakumavuta yahawe urwamenye nyuma yo kuvuga ko ariwe musitari ufite abana beza – IFOTO

Uwicyeza Pamella ku munsi we w’amavuko yabwiwe amagambo y’urukundo na the Ben maze nawe kwihangana biranga