in

Umushabitsikazi Alliah Cool yatangaje ikinu gikomeye mutari muzi kuri firime ze

Isimbi Alliance uzwi nka Alliah Cool uherutse guhabwa inshingano zo gutegura ibirori bizatangirwamo ibihembo bya Rwanda International movie awards, yatangaje ko nta filime yakoze yifuza ko yahatanira ibi bihembo.

Ibi Alliah Cool yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na The Choice live, yagize ati “Mu buzima bwanjye bwose , njye nta filime yanjye izigera ijya muri Rwanda Movie International Awards , habe na rimwe rwose. Njyewe ndi gushabikira uruganda rwa sinema muri rusange, sinjye njyenyine ku giti cyanjye.”

Mu bari hafi y’uyu mukinnyi wa filime bavuga ko icyamuteye kuvuga ibi ari uko afite inshingano muri iki gikorwa cyo gutegura Rwanda International Movie Awards.

Alliah abona ko bitagaragara neza kuba yaba ari mu bategura igikorwa nk’iki ngo hagaragaremo filime yakoze

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rubavu: Abanyeshuri 2 bo mu kigo kimwe bapfuye impfu z’amayobera mu cyumweru kimwe gusa hakekwa ikibyihishe inyuma giteye ubwoba

Kayonza: Umugabo yateye umugore we icyuma nyuma yuko umugore abaye ibamba ku byo umugabo yamusabaga