in

Umusaza w’imyaka 62 yasanzwe hafi y’ishuri yapfuye

 

Umugabo ukuze witwa Bizimana Slyever w’imyaka 62 yasanzwe hafi y’ishuri ribanza rya Biti yapfuye birakekwako yishwe n’abagizi ba nabi.

Bizimana Slyever warutuye mu karere ka Muhanga umurenge wa Nyamabuye akagari ka Remera kuri uyu wa kane tariki 30 werurwe 2023 nibwo yasanzwe yapfuye umurambo uri hafi y’ishuri ribanza rya Biti riherereye mu mudugudu wa Biti yapfuye.

Uyu mugabo birakekwako Bizimana Slyever warusanzwe ari umuzamu ashobora kuba yishwe n’abagizi ba nabi iperereza rirakomeje ngo hamenyekane uwishe uyu mugabo.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Va ku barezi” Mutesi Jolly uzwiho kutaripfana yongeye kuvuga amagambo aremereye ku bantu bamuvuga

Umutoza w’ikipe yo mu Rwanda yavunikiye mu myitozo