in

Umupolisi yakubiswe n’umushoferi ashaka kumuhagarika(Video)

Umushoferi wo mu gihugu cya Nigeria yagaragaye akubita umupolisi imbere y’abantu ubwo yashakaga kumuhagarika.

Intonganya hagati y’umugabo n’umuyobozi w’ikigo cya Leta gishinzwe imicungire y’umuhanda wa Lagos, LASTMA yafatishwe maze asangizwa kuri interineti.

Nk’uko amakuru abitangaza, umuyobozi wa LASTMA yahagaritse imodoka y’uyu mugabo igihe yari ku kazi amubuza kugenda.

Icyakora, ubwo batonganaga ku bibazo bitamenyekanye, umushoferi yamanutse ava mu modoka ye kugira ngo atere umuyobozi urushyi.

Wabonaga ashaka gukubita umupolisi wa LASTMA urushyi mugihe abahisi bahise bagerageza guhosha imirwano.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye impamvu imwe gusa ikomeye iri gutuma Ben Moussa utoza APR FC yifuza gutsinda Kiyovu Sport

Iby’urukundo rwa Zuchu na Diamond byakomeje kunugwanugwa, Zuchu abishyizeho iherezo