in

Umupolisi ari mu mazi abira nyuma yo kuryamana n’imfungwa akayirekura.

Umupolisi ubarizwa ahitwa Nkanfoa muri Cape Coast Metropolis yo mu karere ko hagati mu gihugu cya Ghana , Kaporali Isaac Ampomah,yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo kuryamana n’imfungwa yarangiza akayifasha gutoroka gereza.

Nk’uko amakuru abitangaza, uyu mukobwa wari ufunzwe witwa Theresah Forson yari amaze iminsi afunzwe. Bivugwa ko umupolisi yaryamanye na we ku wa gatandatu, tariki ya 25 Nzeri 2021.Arangije aramurekura nyuma yo kugirana ibihe byiza mu buriri.

Amakuru avuga ko uyu mupolisi yaryamanye nuyu mukobwa hanyuma akaza kumuhemba gutoroka.Uyu mupolisi akaba ari we wahise atabwa muri yombi kubera ibyo yakoze bigayitse.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Madederi wo muri Papa Sava yatanze ukuri ku mafoto yagiye hanze yambaye imyenda y’abageni

Imyambarire ya Miss Keza Joannah yahuruje abafana be babyiganira ku mbuga nkorabaje kwihera ijisho