in

Umupolisi ari mu byago nyuma yo kwiba icyibwana cy’imbwa

Abapolisi babiri batawe muri yombi bakekwaho gukubita abantu, kandi umwe muri bo akaba akekwaho no kwiba icyibwana cy’imbwa.

Aba bapolisi basanzwe bakorera muri Royal Gibraltar, bakaba bacyekwaho gukubita no gukomeretsa abantu ndetse n’icyaha cyo kwiba icyibwana cy’imbwa.

Umuvugizi wa polisi yavuze ko aba bagabo batawe muri yombi nyuma yo gushyamirana n’abaturage. Yongeyeho kandi ko iperereza rigikomeje kugira ngo harebwe icyateye abo bapolisi gukora ibyo.

Umupolisi umwe yatawe muri yombi akekwaho gukubita abantu. Undi yatawe muri yombi akekwaho ibyaha bibiri byibasiye inyokomuntu, kimwe muri byo ni ukurwanya undi muntu, ndetse akaba acyekwaho no kwiba ikibwana cy’imbwa.

Nyuma yo gutabwa muri yombi kw’abo bapolisi. Hari andi makuru avuga ko icyo cy’ibwana cy’imbwa cyashakishijwe ariko ngo ntago cyigeze cyiboneka.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Assia yavuze ku munkunzi we biteye agahinda

Clapton Kibonge, Rusine na bagenzi be bakongeje twitter nyuma yo kuvuga ko bagiye kwitabira Mr Rwanda