in

Umupasiteri yihaye kujya kubwiriza mu musigiti yahuye n’uruva gusenya

Umupasiteri usanzwe abwiriza abantu bagafashwa ndetse akanakiza abantu kubera amaraso ya Yesu akaba akomoka mu gihugu cya Nigeria, yagiye kubwiriza mu musigiti inkuru ye yo kubwiriza irangirira aho.

Nyuma y’uko byari bimaze igihe bitangajwe ko abaislam bakomoka muri iki gihugu barimo barica abakirisitu, uyu mupasiteri yigiriye inama yo kujya kubwiriza abaislam akigerayo yatangiye asenga cyane ndetse avuza induru mu kanya gato imbunda niyo yamwakiriye mu kuvuza induru biba birarangiye.

Ubundi ntago byari bikunze kubaho ko umupasiteri yajya mu musigiti ngo anabwirize Yesu nk’umwana w’Imana.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itangazo ryihutirwa riturutse muri REB

Mu gihe abandi babuze akazi ,uyu yakoze amabara ababaje