in

Mu gihe abandi babuze akazi ,uyu yakoze amabara ababaje

Muri iki gihe akazi ni ak’ibura hirya no hino, gusa siko byagenze kuri uyu mukobwa wagize amahirwe yo kukabona bikarangira yiyemeje kugasezera,avuga ko kamunaniye ndetse akiyemeza kwishyura amafaranga yose bamutakajeho mu gihe yari mu kazi.

Umukobwa ushize amanga aherutse kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga ku  nyuma yo gusangiza abamukurikira ibaruwa yuko yeguye ku kazi ke bitewe n’uko yasanze gakomeye atagashobora. Abantu bahise bamwibazaho bahamya ko yabikoze kubera umurengwe kuko nta muntu wananirwa akazi yabonye kamugoye.Igitangaje kandi uyu mukobwa yavuze ko agiye kwishyura kampani yakoreraga amafaranga yose yamutanzeho kuva yatangira kuyikorera.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umupasiteri yihaye kujya kubwiriza mu musigiti yahuye n’uruva gusenya

Ukuri ku mashusho ya Alyn Sano uherutse kugaragara akata igitsinagabo