in

Umupasiteri yafashwe aryamanye n’indaya yari yishyuye

Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umupasiteri ukomoka muri Kasoa mu gihugu cya Nigeria aryamanye n’umugore yari yishyuye.

Bivugwa ko uyu mugabo utatangajwe amazina ariko w’umupasiteri ukora ibitangaza bikomeye yafashwe yishyuye umugore kugirango baryamane.

Ikibabaje, ni uburyo abantu bamuteze amatwi mu rusengerero abigisha guhinduka bakava mu ngeso mbi zirimo n’ubusambanyi ariko na we akaba yafatiwe mu byaha nk’ibi.Abantu babonye uyu mubwirizabutumwa bababajwe cyane n’uburyo yigishaga abantu yiyama cyane abagore n’abakobwa bicuruza ariko akaba na we yabaye umwe mu bagabo bagura indaya.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba utabashije kujya gusenga, dore ubutumwa bwagufasha kuri iki cyumweru. Video

Ni gute umuhanzi Ruger yahawe akayabo k’amafaranga yarangiza akaririmba iminota itarenze 15?