in

Umupasiteri akomeje guca ibintu nyuma yo kugaragara abatiriza mu ruzi abakobwa n’abasore bambaye uko bavutse.

Umupasiteri ukomoka muri Anambra muri Nigeria, Onyeze Jesus akomeje kuvugisha abatari bake nyuma  y’ubwo agaragaye muri videwo akora umuhango wo kubatiza abayoboke be batonze umurongo bambaye ubusa mu ruzi.

Onyeze Jesus yakoze uyu muhango afite inoti y’ama Naira 50 akoreshwa muri kiriya gihugu maze ayijugunya mu ruzi aho abayoboke be biganjemo abakobwa n’abasore barimo babatizwa bambaye uko bavutse bicaye mu mazi.

Amakuru avuga ko uyu mupasiteri yabasengeraga abasabira ku mana ngo babone nabo amafaranga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

CHAN2020:Super Manager yemeye guha ibihembo bikomeye abakinnyi b’Amavubi n’abagore babo nibaramuka bageze muri 1/4(VIDEO)

Byinshi wamenya ku musore w’umuherwe ugiye kurongora umukobwa wa Trump.