in

Umunyarwanda Gitego Arthur atangiye kwicaza abo yasanze muri Kenya -Ifoto

Umunyarwanda Gitego Arthur ukinira AFC Leopards, yatoranyijwe mu bakinnyi 11 bitwaye neza mu mpera z’icyumweru muri Shampiyona ya Kenya.

Uyu rutahizamu w’Umunyarwanda uzwi ku izina rya Gitego Arthur  akaba akinira ikipe ya AFC Leopards muri Kenya akaba amaze kwigarurira imitima ya benshi bitewe n’ukuntu ari kwitwara muri icyo gihugu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kuba ari gutsinda ibitego umufiririzo Gitego Arthur yahishuye umukinnyi w’umunyarwanda afata nk’icyitegererezo kuri we

Bibaye nonaha! Huye habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka nini ifite ibirango bya Kenya -Amafoto