in

Bibaye nonaha! Huye habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka nini ifite ibirango bya Kenya -Amafoto

Mu ntara y’amajyepfo mu karere ka Huye mu Murenge wa Mbazi mu masaha ya saa Saba z’amanywa habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka nini itwara imizigo ifite ibirango bya Kenya (KED 498Y)

Iyo modoka yavaga mu karere ka Huye iri mu cyerekezo cy’umuhanda Nyanza, Muhanga, Kigali aho yamanukaga iva mu mujyi wa Huye maze ibura feri uwaruyitwaye ahitamo kuyiyobora mu gishanga cyari aho hafi kubera ko hari izindi modoka zazamukaga.

Muri uko kuyiyobora mu gishanga hari moto yari aho hafi niyo yabigendeyemo gusa ku bw’amahirwe nta muntu n’umwe wahasize ubuzima kuko aba police bahise bahagerera igihe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwanda Gitego Arthur atangiye kwicaza abo yasanze muri Kenya -Ifoto

Rusizi: Umugore yatwitse umugabo we bapfa telephone