in

Nyuma yo kuba ari gutsinda ibitego umufiririzo Gitego Arthur yahishuye umukinnyi w’umunyarwanda afata nk’icyitegererezo kuri we

Rutahizamu w’Umunyarwanda uzwi ku izina rya.        Gitego Arthur  akaba akinira ikipe ya AFC Leopards muri Kenya akaba amaze kwigarurira imitima ya benshi bitewe n’ukuntu ari kwitwara muri icyo gihugu.

Yavuze uburyo umukino we wa mbere muri iyi kipe yari ku gitutu gikomeye kubera ko yasabwaga byinshi kandi yari ataramera neza 100%.

Gitego Arthur yavuze ko umukinnyi yakuze akunda, arebera ubu anamugisha inama bitewe n’ibyo yakoze, ni Sugira Ernest.

Ati “mu Rwanda navuga ko umukinnyi nkunda, mbere na mbere ni inshuti yanjye, ni umujyanama, ni umuntu wanjye wa hafi, ni Sugira Ernest.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uko imikino ipanze ; Amavubi y’u Rwanda ntazakina n’Intamba mu Rugamba z’u Burundi mu mikino igiye kubera Antananarivo.

Umunyarwanda Gitego Arthur atangiye kwicaza abo yasanze muri Kenya -Ifoto