in ,

Umunyamideli w’uburanga Huddah Monroe yibasiye abamushinja kuba indaya.

Umunyamideli ukomoka muri Kenya ,Huddah Monroe yasubije abantu bamushinjaga kuba indaya bitewe n’amafoto agenda ashyira ku mbugankoranyambaga ze.

https://www.instagram.com/p/CH5SFIIAHgJ/?igshid=1knwuint5l3r5

Iyi nkumi kuri ubu iri kurya ubuzima Dubai nk’uko bigaragara mu mafoto ishyira hanze iri kurya iraha. Bamwe mu bamukunzi be bakomeje kumushinja uburaya bavuga ko ari nabwo yibereye mo Dubai.

Umwe mu bafana be ku mbuga nkoranyambaga yamubajije niba ari indya maze Huddah mu kumusubiza agira ati “Uko niko mvuze, abantu bavuga ibyo babonye iyo babona umukobwa ukiri muto wageze kuri byinshi akora ibintu bye. Ibyo badashaka kwemera barabyanga. Ibyo nkoresha igitsina cyanjye ntawe bireba… mukomeze mutekereze ibyo mushaka”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikimero cya Diane ukina muri City Maid cyatumye abanyamakuru barabya indimi mu kiganiro (VIDEO)

Umugore wari umaze imyaka myinshi yarabuze urubyaro yabyaye abana 6 icyarimwe|Ibyishimo biramurenga(AMAFOTO)