in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE NdabikunzeNdabikunze YEGOKOYEGOKO

Umunyamakuru Sam Karenzi yasabiye Mushimiyimana Meddy kujyanwa iwawa kubera urumogi

Ikibazo cy’ibiyobyabwenge mu bakinnyi b’umupira wa maguru mu Rwanda gikomeje gufata indi ntera kugeza aho byahagurukije itangazamakuru.

Mu kiganiro urukiko rw’ubujurire cyo kuri Fine Fm cyo kuri uyu wa Gatatu nibwo umunyamakuru Sam Karenzi yasabiye Mushimiyimana Meddy kujyanwa iwawa kubera itabi.

Uyu munyamakuru ndetse na bagenzi be bakorana muri icyo kiganiro bagarutse ku kibazo cy’uyu musore usigaye ubarizwa muri Rayon Sports, aho atacyibona umwanya wo kubanza mu kibuga muri iyo kipe.

Abo banyamukuru bavuze ko uyu musore kandi ko yirukanywe muri Apr Fc kubera ikibazo cyo kunywa ikiyobyabwenge cy’urumogi.

Sam Karenzi kandi yavuze ko umikinnyi ukina mu kibuga hagati  mu ikipe ya Rayon Sports ‘Nishimwe Blaise’ ko na we atangiye kugenda afatwa n’icyo kiyibyabwenge.

 

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Seba
Seba
2 years ago

Mwagiye mwandika kinyamwuga mugasubiramo aho kwandika inkuru yuzuyemo ibikosa. Jyewe mujya munyobera itangazamakuru mwize.

Abarimo abanyamakuru 6 baguye mu mpanuka.

Tangira ukore ibi bintu byihutirwa niba ushaka kwirirwa neza.