in ,

Umukunzi wa Nshuti Savio yahuye n’uruvagusenya

Savio nshuti n’umukunzi we Tricia Tracy ni imwe muri couple zigezwe kandi zishyushye muri showbiz nyarwanda gusa ariko muri iyi minsi ibyishimo byabo byari byahungabinijwe n’ikibazo Tricia yahuye nacyo.

Ejo bundi Nshuti Savio nibwo yatangaje ko umukunzi weyahuye n’ikibazo cyo kwibwa account ya Instagram agira ati :”Her account have been hacked ,if you get a message asking for money or being insulted Mubyihanganire ntago ariwe ## Then go follow her on her new account @tricia_tracy_travio ” bisobanuye ngo :” Account ye (Tricia) bayihackinze, nuramuka ubonye ubutumwa bubasaba mafaranga cyangwa se bubatuka Mubyihanganire ntago ariwe. Mugende mumu followine kuri account ye nshya @tricia_tracy_travio

Tricia yahombye aba followers yari afite bose ndetse hiyongeraho no guseba kubera umuntu wamwiyitiriye akaka abantu amafaranga yifashishije account

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo gukora amarobot asimbura abagore mu buriri akishimirwa na benshi ,ubu bamwe bararira

Inkuru ibabaje kubafana ba Paul Pogba n’ikipe ya Manchester United