in

Umukobwa yihandagaje avuga uburyo umusore baryamanye ntarangize

Portrait of depressed woman, covering face with her hands, side view

Umukobwa w’inkumi yihandagaje maze yandika ku mbuga nkoranyambaga avuga ko kuri ubu ari mu gahinda nyuma yo kuryamana n’umukunzi we ariko uyu musore ntarangize (ntasohore).Uyu mukobwa wiyita OJ avuga ko yaketse ko umukunzi we akoresha ibiyobyabwenge kuko ngo bwari ubwambere aryamana n’umusore bigatinda bigeze aho.

Nk’uko uyu mukobwa abivuga ngo umukunzi we ntago arangiza igihe barimo gutera akabariro bityo bikamubangamira.Uyu mukobwa ahamya ko ari ibiyobyabwenge bibimutera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru wa Tv10 yasabye urukundo mugenzi we muri studio aramwangira maze ararira – VIDEWO

Animateri n’inkumi bakinze abantu ibikarito mu maso ngo yamusebereje kwa Makuza kandi babikoze babishaka