in

Animateri n’inkumi bakinze abantu ibikarito mu maso ngo yamusebereje kwa Makuza kandi babikoze babishaka

Umulisa Nelly yiriwe yihariye imbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara mu mashusho atenguha umusore wari umupfukamiye rwagati mu mujyi wa Kigali amusaba ko bazabana.

Ibitekerezo bya benshi byasembuwe n’amashusho mato ya Umulisa n’umusore bagaragaye mu mashusho mato bakina umukino uteye agahinda w’urukundo.

Uyu mukobwa agaragara yanga kwambara impeta mu ruhame y’umusore wari wateye ivi amusaba ko bazabana.

Aya mashusho yaje gufatwa na bamwe nk’ukuri, ariko siko bimeze  nkuko uyu musore abyivugira mu kiganiro yagiranye ikinyamakiru Yhe Choice Live ahubwo byari inyigisho bifuje gutanga.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yihandagaje avuga uburyo umusore baryamanye ntarangize

Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije umukinnyi wari utegerejwe n’abenshi