in

Umukobwa yigambye uburyo yariye amafaranga menshi umusore amubeshya ko atwite

Mu buzima bw’urukundo habamo uburyarya butandukanye ndetse busaba ubushishozi bwinshi.Umukobwa yihandagaje maze atangaza uburyo yariye amafaranga menshi umusore amubeshya.

Uyu mukobwa wo muri Ghana yatangaje uburyo yakoresheje atera ubwoba umusore bakundana kugirango abone amafaranga abeshya umukunzi we ko atwite.

Nk’uko uyu mukobwa akomeza abivuga, yabeshye umukunzi we ko atwite amusaba amafaranga yo gukuramo inda ariko akayihera undi musore.

Yavuze ko igihe yamuhaga amafaranga yo gukuramo inda, atazi ko ari ikinyoma, yayahaye amafaranga undi musore.

Uyu mukobwa yavuze ko nubwo yamubeshyaga yikundiraga undi musore yahaga amafaranga.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore w’umunyarwanda yashatse kwiyemera araseba(Video)

Southgate yarahiriye kwihimura nyuma yo guseba bikomeye.