in

Southgate yarahiriye kwihimura nyuma yo guseba bikomeye.

Gareth Southgate yaseseranije abongereza ko agomba gukora ibitangaza nk’ibyo umunyabigwi Sir Bobby Robson yakoze nyuma yuko abafana bamuhaye induru muri 1928.

Southgate yashimangiyeko guseba bitagomba guca intege abakinnyi kuko ntabwo ari ibidasanzwe kuko ubwongereza bwigeze kongera gutsindwa ibitego 4 na Hungary.

Agahigo kabi kigeze kubaho ni igihe ubwongereza bwatsindwaga ibitego birenze bine ku busa, usibye no muri iyi mikino ifatwa nk’imyitozo y’ibihugu yitiriwe UEFA Nations League.

Mu mikino ine yose ubwongereza bwakinnye muri Nations League bakaba baratsindwe ibiri yose ya Hungary ndetse ikaba yarabonye igitego kimwe cyonyine cyatsinzwe na Harry Kane kuri Penalite.

Mu mukino yaraye atsinzwe, Southgate akaba yari yagerageje guhindura abakinnyi babanzamo kugirango ashake insinzi ye ya mbere muri iri rushanwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yigambye uburyo yariye amafaranga menshi umusore amubeshya ko atwite

Ifarashi yatunguye abantu kubera amayeri yagaragaje