in

Umukobwa yarize amenye ko sheri we yahaye indaya ibihumbi 50 yaramwimye ibihumbi 10

Umukobwa yarize ayo kwarika nyuma yo kumenya ko umukunzi we yahaye indaya ibihumbi 50 nyamara atarigeze amuha ibihumbi 10.

Uyu mukobwa yagaragaje ko umukunzi we utarigeze amuha n’ibihumbi 10 mbere ariko yahaye indaya 50.000

Nk’uko uyu mukobwa wakomeretse umutima abitangaza ngo we n’umukunzi we bamaze imyaka ine bakundana, nubwo atigeze agaragaza niba ubu baratandukanye.

Yakomeje atangaza ko igihe yagenzuraga terefone y’umukunzi we yabonye ibihumbi 50 yoherereje ku mugore windaya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya ni icyuki bigeze aha? Amafoto ya Bwiza akurura abagabo yakoze ku mitima ya benshi

Manzi Thierry Wanyuze mu makipe akomeye yasezerewe muri Morocco ||Haravugwa ikipe ashobora kwerekezamo mu Rwanda