in

Burya ni icyuki bigeze aha? Amafoto ya Bwiza akurura abagabo yakoze ku mitima ya benshi

Ku isabukuru ya bwiza iba ku 09/08 buri mwaka, amafoto ye yagiye hanze yatumye abafana be bazamura amarangamutima ya benshi.

Bwiza kandi yaboneyeho avuga icyamushimishije ndetse n’icyamubabaje.

Ati “Nishimira cyane impano y’ubuzima ndetse n’umugisha Imana ikomeje kumpa.”

Agaruka ku cyamubabaje yagize ati “Icyambabaje mu buzima kugeza ubu ntacyo, byose biracyagerageza.”

Avuga kandi no ku ntego afite muri uyu muziki.

Ati “Rero intego nari mfite kuri iyi myaka yanjye nazigezeho kandi ndashima Imana ko zanarenzeho cyane.”

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Young Grace yasubije abamubajije niba afite umusore bakundana

Umukobwa yarize amenye ko sheri we yahaye indaya ibihumbi 50 yaramwimye ibihumbi 10