in

Umukobwa yahagaritse ubukwe igitaraganya nyuma y’ibyo umukunzi we yashakaga gukorera ababyeyi be

Umuukobwa wo muri Nijeriya yatangaje ko mu myaka mike ishize yahagaritse gusezerana kubera icyifuzo kidasanzwe umukunzi we yakoze avuga ko atagomba guha abo mu muryango we amafaranga.

Nk’uko uyu mugore uzwi ku izina rya @zynnnie abitangaza ngo buri kwezi yohererezaga ababyeyi amafaranga y’ingoboka, ariko umugabo we yarabyanze kandi agaragaza ko atabyishimiye.

Igihe yangaga ko akomeza guha amafaranga ababyeyi be, uyu mukobwa yahisemo guhagarika umubano ndetse n’ubukwe bateganyaga.

Zynnnie yasobanuye ko umugabo uwo ari we wese utubaha umuryango we atari ubwoko bw’umuntu ashaka kubana na we.

Yanditse; Ati: “Nahagaritse gusezerana n’umugabo mu myaka mike ishize kuko yanze amafaranga y’ukwezi mboherereza ababyeyi banjye.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi b’umupira w’amaguru barimo Neymar Jr bafata Lionel Messi nk’ikitegererezo

Za miliyoni zirarikoze: Bruce Melodie n’umujyanama we Coach Gael bafatanye mu mashati bapfa umufungo – VIDEWO