in

Umukobwa yagiye muri resitora azi ko umukunzi we amwishyurira araseba

Umukobwa yagiye muri resitora afata amafunguro yibwira ko umusore bakundana ari bubyishyure birangira ahasebeye.Mu butumwa bwasangijwe kuri twitter hagaragayemo ikiganiro cy’umukobwa n’umusore aho uyu mukobwa yabwiraga umukunzi we yafashe ifunguro rya saa sita kandi yizeye ko umukunzi we ari bubyishyure.

Ikigaragara ni uko mbere bari baraganiriye kubyerekeye kujya gushaka icyo kurya, nuko umukobwa ahitamo kwivuguruza nubwo ari we washakaga kugurira amafunguro umusore.

Ubwo uyu mukobwa yabwiraga umusore ko ari bwishyure yamubwiye ko atamubwiye ko aramwishyurira ibyo kurya maze umukobwa abura uko yifata.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Clarisse Karasira yashyizeho ibihembo ku muntu wese uzita izina ryiza umwana we

Akamaro gakomeye ko kurya ubunyobwa