in

Umukobwa w’ikizungerezi wahoze akundana na Harmonize yatunguranye ubwo yavugaga ko akundana n’umusore ufite ubumuga – AMAFOTO

Umukobwa w’ikizungerezi Briana Jai uba muri Australia uzwiho kuba yari umukunzi wa Harmonize, yatunguye abantu benshi yo gutangaza ko yatwawe umutima n’umusore witwa Philip Nwosu ukomoka muri Nigeria ufite ubumuga.

Philip Nwosu wegukanye umutima wa Brianna yacitse akaguru k’ibumoso. Ubwo bumuga afite ntibwatumye yiheba kuko akora imirimo itandukanye ndetse ni umutoza mu bijyanye n’imikino ngororamubiri.

Mu mpera z’icyumweru gishize, Briana Jai abinyujije ku mbuga nkoranyambaga akoresha yagaragaje ko yihebeye uyu musore.

Briana Jai akiri mu rukundo na Harmonize
Umukunzi mushya wa Briana Jai

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ben Moussa utoza APR FC ahishuye ikintu gikomeye agiye gukora abatoza benshi babuze kizatuma atwara igikombe cya Shampiyona ndetse n’igikombe cy’amahoro

Birasekeje ; umukinnyi yagiye gutera penaliti abafana bamwereka inzoga ahita ahanura inyoni