in

Umukobwa w’i Kigali afashe umukunzi we bendaga gukora ubukwe aryamanye n’undi mukobwa

Umukobwa w’ I Kigali yanditse asaba inama zihutirwa nyuma yo gufatira mu cyuho umukunzi we aryamanye n’undi mukobwa gusa bikaba byamugoye gufata icyemezo dore ko biteguraga gukora ubukwe mu kwezi gutaha kwa Mutarama 2023.

Uyu mukobwa avuga ko , nyuma yo gusanga umukunzi we amuca inyuma yamusabye imbabazi ariko akaba yumva bigoye kumubabarira.

Yagize ati:”Muraho,ndi umukobwa w’imyaka 21 nkaba maranye igihe nkundana n’umutipe ariko ikibazo mfite ni uko mu kanya hashize mufatanye n’undi mukobwa w’inshuti yanjye magara baryamanye kandi ikibazo ni uko atari ubwambere,arimo kunsaba imbabazi ariko njye sinzi…none ndikwibaza,ko twari dufite ubukwe mu kwezi kwa mbere ,gahunda tuyikomeze ko twasuye imiryango yacu yose babizi?ndababaye pee.”

Mugire inama utwandikira muri comment.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Tuyishime
Tuyishime
1 year ago

Yarangije kumubabarira kuko ibyo ari kwivugisha ngo ko twasuye imiryango ibizi? Ibi ni ibikumira inama zimubwira kubivamo. Gusa namubabarire kdi age agorana imbabazi hafi kuko bazongera.

Pato
Pato
1 year ago

Urugo rwabo ntaho rwojya kabisa

Bwa mbere Teta Sandra avuze amagambo akomeye kuri Weasel wamukuye amenyo

AMAFOTO: Ihere ijisho ukuntu Kigali iri gushashagirana hitegurwa iminsi mikuru