in

Umukobwa ufite amabere akubye ikibuno cye inshuro nyinshi akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga.

Uyu mukobwa ukomoka mu gihugu cya Ghana yatigishije imbuga nkoranyambaga kubera amabere adasanzwe afite anurata ikibuno cye.

Bivugwa ko Uyu mukobwa ari rwiyemezamirimo akaba yitwa Joyce Addo, akaba azwi cyane ku izina rya Bustygh. Yateje impagarara ku mbuga nkoranyambaga kubera ubunini bw’amabere ye.

Addo, yamenyekanye cyane kuri interineti kubera aya mabere manini cyane. Avuga ko urugamba rwe rwo kurwanya isoni z’umubiri mu bantu, byatumaga agira ipfunwe kujya mu bantu bikaba ingorabahizi kuko yahitaga arangaza benshi. Mu mashusho yasangije abantu ku rukuta rwa instagram, yerekanaga uburyo amabere ye angana.

Nkuko bigaragara Joyce asanwze ari umukobwa utari muto muto, gusa amabere ye akubye cyane umubyimba w’amabuno ye aho kunama ngo abashe gukora ku mavi biba ari ingorabahizi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abantu benshi batunguwe n’urukundo rw’aba bantu bafite ubumuga budasanzwe||bari barabuze abakunzi none Imana irabahuje

Umuhanzi Niyo Bosco ahishuye uburyo yahanuriwe ko azavamo icyamamare.